[CHORUS:]
Aranyuze yesu aranyuze,
Nubwo kubaho bikomeye mw’isi
Ariko yesu aramfasha,
singomba gutinya ibiteye ubwoba
Kuko yesu aranyuze
[VERSE 1]
Iyo ngeze
mumakuba menshi ankomereye
Iyo mbuze
ukongira ibibazo bindenze
Iyo ndeba
hirya no hino mbuze uwo ntakira
Nibukako
mfite yesu wanjye ujya angoboka muri byose
[CHORUS:]
[VERSE 2]
Hari ubwo
amarira yakwirirana uri mugahinda gusa umenyeko
Kugera kure
atariko gupfa
Kuko hari
uzi ibyawe byose n’ubwo utabimubwira
Kuko
ntarira ryawe narimwe rigwa hasi atarizi
Ashobora
kukumara amarira ukuzura umunezero ugahora wishimye
[BRIDGE]
NUBWO NAGERAGEZWA CYANE
MU ISI: ARIKO YESU ARANYUZE
IBIBAZO N’AMAKUBA NIYO
BYABA BYINSHI: YESU ARANYUZE
OOHHOHH, AAHAA YESU
ARANYUZE.
[CHORUS:]
0 comments:
Post a Comment