[VERSE 1.]
Iman
yigaragaje harabayakiriz’impundu, hari n’abayibona bakayakiriz’ibibazo
Kandi ibyo
bibazo byerekeje kumaganya.
No; ese
wandemey’iki, ntamaboko mfite
Ko
ntamaguru wampaye kuki utandemye nk’abandi.
Chorus:
Umva hnshuti humura imana irakuzi,
uko uri kose waremwe
mu mugambi wayo.
reka kurira cyangwa ngo wigunge
Wikwivumbura ku mana igisubizo kiri hafi
Reka kurira cg ngo wigungu,
wikwivumbura ku mana
iyakuremye irakuzi.
[VERSE 2]
Wowe ufite
ibibazo tega amtwi nguhumurize
Nubwo
udafite ingingo ariko byibura uriho
Jya wibuka
y’uko hari n;’ abaheze mubitaro
Hari
n’abapfuye kd baribariho neza
Wowe imana irakurinda va mumaganya wige gushima
Chorus:
[BRIDGE:]
Nyurwa nshuti,mbere y’uko uganya jy’ubanza ushime
Umwuka uhumeka
kurya no kwambara byose ni ibyayo,
Ntacyo
twabyishyura turiho k’ubw’ubuntu gusa
Mana
twigishe kunyurwaaaaaa
Chorus:
0 comments:
Post a Comment